IMIGANI

Umusaza n’abuzukuru be

Umusaza yari afite abuzukuru batatu b’abasore; abo bana ntibumvikane, ahubwo iteka bagahora batongana. Sekuru yabireba bikamubabaza cyane. Bukeye arababwira ati «bana banjye, mujye mubana neza ntimugahore mupfa ubusa.» Abasore bawe ntibabyiteho bikomereza umwiryane wabo. Umunsi […]

IMIGANI

Umukobwa wo mu gisabo

Umugabo yashatse umugore, uko uwo mugore asamye, inda ikavamo. Abibonye atyo ajya kuraguza.Umupfumu ati:«Ubwo usama inda ikavamo, niwongera gusama inda uzajye uyuhagiza amata, uyisige amavuta, ntuzayikoze amazi kandi uzayirinde izuba. Nubyara umwana, ntazajye ku zuba, […]

IMIGANI

Umugani wa Nyiranda

Hari umwana w’umukobwa, akitwa Nyiranda. Yari yarajujubije ababyeyi be. Bamusigaga ku rugo akiba inzoga cyangwa amata, bamubaza uwakoze ibyo ati «simbizi.» Kandi ibintu ari we wabiyogoje! Bagira ngo babitse ibiryo by’abana bato akabirya; nyina yamubaza, […]